in ,

Bishop Rugagi yahanuriye umukobwa ko azatwara ikamba rya Miss Rwanda 2018

Bishop Rugagi Innocent uyobora itorero Abacunguwe (Redeemed Gospel Church) yahanuriye umukobwa witwa Umunyana Shanitah, usanzwe ari umwe mu bakobwa 20 bari guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018. Uyu mukozi w’Imana yijeje uyu mukobwa kuzegukana iri kamba mu izina rya Yesu.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Butera Knowless yatangaje ikintu cyamuteraga kurara arira rimwe na rimwe

Young Grace ati ” Ntakaza ubusugi nanasomana n’umuhungu bwa mbere bwari ubwana”