Bidasubirwaho ikipe ya Police FC yamaze kwibikaho myugariro wari ufatiye runini ikipe ya Rayon Sports.
Mu masaha ya Saa sita zo kuri uyu wa Kane tariki 8 Kanama 2023, nibwo ikipe ya Police FC yamaze gusinyisha myugariro wakiniraga Rayon Sports, Ndizeye Samuel.
Uyu myugariro w’imyaka 25 y’amavuko yamaze gusinyira ikipe ya Police FC kuzayikinira imyaka 2.
APR na Police basubiza umupira inyuma. Buri mwaka bagura abakinnyi bose babaye beza mu makipe yose mu mwaka urangiye wimikino. Baramara umwaka babaveteza byarangira bakabasezerera bakongera bagakora ibyo mu mwaka ukurikiyeho