in

Yannick Mukunzi yahishuye uburyo gukundwa n’abakobwa benshi byamuteranije n’umukunzi we

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/yannick7.jpg

Yannick Mukunzi ukinira ikipe ya Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu amavubi yahishuye uburyo kuba akunzwe n’abakobwa benshi hano mu Rwanda byagiye bimuteranya n’umukunzi we Iribagiza Joy ubwo bari bagitangira gukundana.

Mu kiganiro na KT Radio, Yannick Mukunzi akaba yabajijwe niba kuba akunzwe n’abakobwa benshi bitaba bitaba biteza ibibazo hagati ye n’umukunzi we Joy, maze asobanurako koko byagiye biteza ibibazo mu myaka yahise gusa ngo kuri iki gihe umukunzi we yamaze kubimenyera arabyakira ntacyo bikimutwaye.

Yannick kandi akaba yanasobanuye byinshi ku mpamvu yahisemo gukundana na Joy mu bandi bakobwa bose bamwifuzaga, birimo nko kuba ari icyuki.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana buriye Imodoka ya Mwiseneza Josiane bayibuza kugenda barwanira kumukoraho

Mu mugi, abantu barwaniye gukora kuri Mwiseneza Josiane induru ziravuga