in

Yababwije ukuri kuzuye: Lionel Messi yanze kubeshya abakunzi ba FC Barcelona bacyekaga ko azayisubiramo

Yababwije ukuri kuzuye: Lionel Messi yanze kubeshya abakunzi ba FC Barcelona bacyekaga ko azayisubiramo.

Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Argentina Lionel Messi ufatwa nka nimero ya mbere ku Isi muri ruhago yeruye avuga ko atazasubira muri FC Barcelona, uyu mugabo uherutse kwegukana Ballon D’or ya munani ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru L’Equipe yavuze atazigera asubira muri Barcelona ndetse ko atazongera no gukina muri shampiyona zo ku mugabane w’i Burayi muri rusange.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umugabo twaryamanye wese ahita azinukwa abandi ” Umukobwa yavuze ibanga akoresha kugirango atware abagabo babandi – videwo

“Mvuye kurya umwana” Umusaza yagiriye inama abasore barya abana – videwo