in

Video; abakinnyi ba FC Barcelona bahise bahabwa igihano nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich

Ku munota wa 10 gusa nibwo umunyafurika wababaje Amavubi mu minota y’inyongera Sadio Mane yatsinze igitego cya mbere hanyuma Chupo Mounting ukomoka muri Cameron aza ashyiramo icya kabiri ndetse n’agaahinguracumu mu minota ya nyuma ka Pavard.

Nyuma y’uyu mukino batagetswe kujya gushimira abafana hanyuma baragenda barahagarara n’imimwarl ku maso ntawe ucira cyangwa ukorora dore ko ubu bameze kugera muri Europa league bahasanze Manchester United na Arsenal.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harahiye:Juno Kizigenza ateranye amagambo n’umunyarwenya ukomeye mu Rwanda

Umupolisi yatunguye umukunzi we wiga muri Kaminuza amwambikira impeta imbere y’abandi banyeshuri(AMASHUSHO)