in ,

Uyu mukobwa yatanze asaga miliyoni 27 z’amanyarwanda mu guhinduza umubiri we ngo akundwe n’abasore benshi (amafoto)

Chloe Munnings, umukobwa w’imyaka 24 wari munini mbere akaba yaratanze ubu agera muri milyoni 27 zamafaranga yu’ rwanda ku kugirango akunde abe ikizungerezi anakurure abagabo kurushaho avuga ko mbere akiri munini nta wamwitaga ho ahita afata icyemezo cyo kujya akora sport agatakaza ibiro kuburyo abasore batangiye kumurabukwa abonye bigenze gutyo yaje guhitamo kuyoboka iyo kwa muganga kwibagisha ibi byaje kumutwara akayabo.

Irebere amafoto

After losing over four stone

After losing over four stone

dore uko uyu mukobwa yari ameze mbere yuko agana muganga ngo yibagishe.After losing over four stone

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Vanessa Uwase yanyonze ikibuno maze abasore baratwarwa kugeza aho barwanira kumurongora (video)

Miss Mutesi Aurore yatangaje ibintu by’umugore bikurura abagabo cyane kurusha ibindi bitungura abantu benshi cyane