in

Abayovu mwitegure kuko umuriro ugiye kwaka: Kiyovu Sports imaze gutangaza ikipe iteye ubwoba izakina nayo ndetse n’igihe umukino uzabera

Abayovu mwitegure kuko umuriro ugiye kwaka: Kiyovu Sports imaze gutangaza ikipe iteye ubwoba izakina nayo ndetse n’igihe umukino uzabera.

Ikipe ya Kiyovu Sports imaze iminsi yitegura umwaka mushya w’imikino wa 2023-2024, yifashishije imbuga nkoranyambaga zayo imaze gutangaza ko izacakirana n’ikipe ya Bugesera FC iherutse kwegukana igikombe cy’Intara y’Iburengerazuba itsinze Sunrise FC.

Uyu mukino uzaba ku munsi w’ejo tariki 03/08/2023 isaa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri Kigali Pele Stadium.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubwo yaba akiri muto cyangwa ashaje gute, buri mukobwa wese akunda ibikinisho byoroshye cyane cyane ibipupe (Menya impamvu)

Polisi, Doctor, indwanyi, umukanishi, umunyamashuri ! Impano zose umwana wa Young grace afite zikomeje gutangaza benshi, ese wowe urabona aberewe n’iki [ Amafoto ]