in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Uwapfuye yarihuse:umugore yateye gapapu umukobwa we ,arongorwa n’umukwe we.

Umuririmbyi ukiri muto wo mu Burundi uzwi ku izina rya Akes Don ,yakoze ubukwe numugore wari kuzamubera nyirabukwe atuye muri AMERIKA.

Inkuru yatangiye igihe Akes Don yashakaga kurongora Nelly, umukobwa w’uyu mugore. nyuma uyu mudamu yatangiye kugirana umubano udasanzwe n”uyu muririmbyi birangira amwegukanye.

Nyina w’umukobwa yatangiye kumenyana n’ uyu musore wakundanaga numukobwa we batangira kujya bandikirana ku mbuga nkoranyambaga.

Amakuru avuga ko Akes Don yahuye na nyina w’umukunzi we nyuma yo kwandikirana ubutumwa butandukanye inbox havuka umubano w’urukundo. Icyatangiye nkamakimbirane, umuriro wurukundo waratangiye 😂😂

Akes wibwiraga ko ari umugabo wa Nelly ubu ni papa we. Nyina YAMAZE gukora ubukwe nuyu musore aho batuye i Bujumbura naho Nelly asigara muri Amerika.

Bivugwa ko igihe Akes yabwiraga Nelly amakuru yuko asigaye abana na nyina. Nelly yaratunguwe ndetse aramuseka cyane, avuga ko agomba kuzamuharika nyina kuko agikunda uyu musore.

Ese wumva bizagenda bite? Akes azarongora Nelly na nyina cyangwa azagumana umukunzi we mushya bita Mama wa Nelly?

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzira zoroshye wakoresha uhitamo umukunzi muzarambana.

Umunyamakuru wa Televiziyo y’u Rwanda yagaragaye ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we i Dubai (AMAFOTO)