Uwahoze ari umuzamu ukomeye wa Rayon Sports, Murangwa Eugène agiye kurushinga na Hakuziyaremye Munyana Soraya.
Hakuziyaremye Munyana Soraya ni umuyobozi wungirije wa Banki nkuru y’igihugu (BNR), yanabaye Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda.
Murangwa Eugène we yabaye umunyezamu wa Rayon Sports n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi.
Ubukwe bw’aba bombi bukaba biteganyijwe kuzaba tariki ya 14 Kanama 2022.



Eric na Eugene bihurira he?