in

Uretse guhura na Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Anita Pendo afite irindi banga ryihishe inyuma y’urugendo yagiriye muri icyo gihugu

Umushabitsikazi mu gushusha urugamba “MC” akaba n’umunyamakuru wa RBA Anita Pendo ari kubarizwa muri Ghana aho ahatanye mu bihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’ mu cyiciro cya ‘African Female Entertainment Show Host of the Year’.

Ladies in Media Awards ni ibihembo byatangijwe n’umuryango Ladies in Media Organization mu 2022, mu rwego rwo kuzirikana uruhare rw’abagore n’abakobwa bari mu itangazamakuru ryo muri Afurika.

Pendo akigera i Accra, yakiriwe na Ambasaderi w’ u Rwanda, Rosemary Mbabazi, aho yaciye kuri Instagram ye agatangaza ko yishimiye kwakirwa na Ambasaderi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imirimo yo kubaka stade Amahoro igeze ku kigero cya 95% – VIDEWO

Ingona yariye abantu barenga 300