in

Ingona yariye abantu barenga 300

Mu Burundi hari ingona nini cyane kurusha izindi izwi ku izina rya Gustave iba mu Kiyaga cya Tanganyika binavugwa ko imaze kurya abantu barenga 300.

Iyo Ngona biravugwa ko kandi yatunguranye ubwo yacikaga imitego y’abahigi b’Abafaransa bashakaga kuyifata ari nzima.

Bivugwa ko ifite uburebure bwa metero esheshatu, ikagira uburemere buyingayinga toni, ndetse bamwe ntibatinya kwemeza ko ari yo nini cyane muri Afurika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uretse guhura na Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Anita Pendo afite irindi banga ryihishe inyuma y’urugendo yagiriye muri icyo gihugu

Nujya uva mu rugo ukagira amahirwe yogutaha amahoro ujyushima Imana! Umuryango we ntabwo uramenya ibyabaye -Ifoto