in

Undi mukinnyi wakiniraga Dynamo BBC yamaze gutandukana niyi kipe iherutse gusezererwa muri BAL kubera kwanga kwambara umwambaro uriho ibirango bya ‘Vist Rwanda’

Undi mukinyi wa Dynamo BBC witwa David Deng Dikong ufite ubwenegihugu bwa Sudan y’Epfo ntakibarizwa mu ikipe ya Dynamo BBC akaba agiye gukina mu ikipe ya Chaux Sports yo muri RDC.

Ku makuru dufite, n’abandi bakinnyi bakomakomeye bo muri Dynamo BBC baba bamaze kubona amakipe hanze y’igihugu cy’u Burundi.

Mu minsi mike ishije nibwo uwitwa Israel Otobo wakiniraga iyi Dynamo BBC yo mu Burundi yagarutsweho cyane nyuma yo gusezererwa muri BAL kubera kwanga kwambara umwambaro wa ‘Visit Rwanda’, nawe yasezeye muri iyi kipe.

Hari amakuru yavugwa ko uyu mukinnyi ategerejwe i Kigali mu Rwanda gusinyira APR BBC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ntikica, kagira mubi! Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda batewe no gutsindwa na Etincelles FC ibarusha cyane kandi ibasanze i Kigali – AMAFOTO

Umurongo wo muri Bibiliya yasomye ni uwanditse muri Yohana! Diamond Platinimz yagaragaye mu ruhame ari kwigisha abakristo akoresheje Bibiliya atitaye ko idini asengeramo rya Islam riri mu gisibo