in

Umwana w’imyaka 16 yapfuye yishwe no kwikinisha inshuro 42 mu ijoro rimwe adahagarara!

Umwana w’imyaka 16 wo mu gihugu cya Brazil ,mu mujyi wa Rubiato ,mu gace ka Goias ,yapfuye nyuma yo kwikinisha inshuro 42 mu ijoro rimwe adahagarara .

Ikinyamakuru The Bos Houston dukesha iyi nkuru kivuga ko umubyeyi wa nyakwigendera yari asanzwe abizi ko umwana we yabaswe no kwinisha ndetse ko yiteguraga gushaka umuganga uzamuvura ariko akaba ari ntacyo kuri ubu bikimaze.

uretse umubyeyi we wari usanzwe ubizi ,abandi bana biganye na nyakwigendera ngo nabo bagiye babisubiramo kenshi ,ko uyu mwana yabaswe no kwikinisha ngo ariko ntihagire igikorwa none bikaba birangiye ahasize ubuzima.

Mu cyumba cya nyakwigendera hasanzwemo amafoto y’abakobwa bamabaye ubusa ,ndetse muri telefone ye hasagwamo filime z’urukozasoni yari yarabitsemo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya; Haruna Niyonzima yasezeye muri AS Kigali asinyira ikipe ikomeye hanze y’igihugu

UMWAKA MUSHYA! Mu gihugu cya New Zealand bamaze kurasa umwaka mushya wa 2023