in

“Umwana wanjye amazeho abakozi”umunyarwandakazi aragisha inama kubera ibidasanzwe umwana we w’imyaka 7 akora

Umunyarwandakazi ntiyorohewe n’ibyo umwana we w’imyaka 7 akora aho arwana n’abantu bose ndetse akaba yirukanisha abakozi bo mu rugo.

Uyu mubyeyi yagize ati:”muraho?ndi umu fille-mere, mfite umwana ufite imyaka 7 ari muri primaire ariko ku ishuri birirwa bantumaho yarwanye. Nanjye iyo ndi murugo iyo ngerageje kugira ikintu mubuza ararwana akamena ibintu, abakozi bose baje arabaruma, akabarya inzara, akabatesha umutwe kugeza bagiye. Agira umujinya ukaze cyane. Ubu umwana wanjye ntibamuroze cg bakamuterereza ibintu? Ibi bintu mwe murumva bisanzwe? Mungire inama.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ferdinand
Ferdinand
1 year ago

Gana Psychologist

Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana Papa we yamuhimbiye igisigo kirimo amagambo yakoze ku mitima y’abantu benshi

Dore ibimenyetso warebesha amaso ukamenya ko umukobwa afite amavangingo (amazi)