in ,

Umutoza wa rutsiro yahaye ukuri abamushinjaga kugurisha umukino yatsinzwemo na Apr Ibitego 6-1 

Nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Apr Fc n’ikipe ya Rutsiro Fc, ukaza kurangira Apr Fc icyuye amanota 3 kunsinzi y’ibitego 6-1, umutoza wa rutsiro ntamerewe neza n’amagambo y’abafana.

Uyu mugabo witwa Okoko Godefroid utoza ikipe ya Rutsiro Fc amaze amezi agera kuri 3 muri iyi kipe, gusa kugeza ubu abafana n’ibarishimira neza umusaruro we.

Kuba batishimira umusaruro we niho havuye kumushinja ko we n’abakinnyi be bashobora kuba baragushije umukino batsinzwe mo n’ikipe ya Apr Fc ibitego 6.

 

Gusa Okoko Godefroid yabasubije agira ati “Oya. Ntabwo nabeshyera abakinnyi banjye ko bashobora kurya ruswa. nta mukinnyi utanga umukino, nta mutoza utanga umukino kuko twese icyo twaje gushaka mu kibuga ni intsinzi. Hari igihe ugera mu kibuga ugasanga uwo muhanganye arakurusha, bigatuma ibyo wapanze bipfa, kandi guhindura umukino biragorana cyane, cyane iyo ntabakinnyi bafite inararibonye ufite”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imbamutima za Edison Cavani nyuma y’uko Kylian Mbappé akuyeho agahigo ke

Kylian Mbappé yageneye ubutumwa ikipe ya Bayern Munich