in

Umutoza wa APR FC yaciye ibintu nyuma yo gutangaza icyo ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakoreye abakinnyi be gishobora gutuma AS Kigali ibazukiraho

Umutoza wa APR FC yaciye ibintu nyuma yo gutangaza icyo ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakoreye abakinnyi be gishobora gutuma AS Kigali ibazukiraho

Umutoza wa APR FC Thierry Froger, umaze kwigarurira abakunzi b’iyi kipe nyuma y’iminsi arimo kwitwara neza nubwo yari yatangiye atsindwa n’umucyeba Rayon Sports ibitego 3-0 mu mukino wa Super Cup bakamwinubira.

Uyu mutoza mu kiganiro yatambukije kumbuga nkoranyambaga z’ikipe ya APR FC, yatangaje ko abakinnyi b’iyi kipe bari bahamagawe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi bagarutse bafite umunaniro ukabije ariko ko bishimye.

Uyu mutoza iki yakigaragaje nk’imbogamizi afite mbere y’umukino barakina n’ikipe ya AS Kigali kuri uyu wa gatandatu ku isaha ya saa cyenda z’amanwa.

Ikipe ya AS Kigali imaze iminsi ititwara neza ishobora kungukira muri izi mbogamizi umutoza wa APR FC yagaragaje dore ko Cassa Mbugo Andre utoza AS KIGALI yanatezwe uyu mukino.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Isanduku yatwikirijwe ibendera ry’igihugu! Miss Erica arashyingurwa _ AMAFOTO

Amavubi y’abakinnyi batuzuye yatangiye neza CECAFA