in ,

Umunyarwanda wakanyujijeho muri Kiyovu Sports, AS Kigali na APR FC yabonye ikipe nshya ku mugabane w’i Burayi -AMAFOTO

Umunyarwanda wakanyujijeho muri Kiyovu Sports, AS Kigali na APR FC yabonye ikipe nshya ku mugabane w’i Burayi.

Karera Hassan wakiniye amakipe akomeye cyane hano mu Rwanda nyuma akaza kwerekeza ku mugabane w’i Burayi mu gihugu cya Finland yabonye ikipe nshya nyuma y’imyaka ibiri nta kipe afite akinira.

Uyu musore yerekeje i Burayi ikipe ya APR FC imaze kumugura ariko ntabwo yigeze ayikinira akaba ari nayo mpamvu byamubereye ibibazo bikomeye kugira ngo abone indi kipe kubera amasezerano yari afitanye na APR gusa ubu yamaze gusinyira ikipe ya FC Vaajakoski ikina mu cyiciro cya gatatu muri Finland.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iminsi y’igisambo ni 40 koko ! Umugore n’umugabo bigize ibisambo ruharwa bafashwe bari mu kazi

Benshi bamwumva batari bamubona! Ibyo wahoraga wibaza kuri muganga Dr. Jean Chrysostome Nyirinkwaya washinze ivuriro rikanamwitirirwa kwa ‘Nyirinkwaya’