in

Umunyamakurukazi ukomeye mu ari kwitegura kwibaruka imfura ye (Amafoto)

Umunyamakurukazi Nadia Umutoni wamamaye kuri Televisiyo Rwanda mu biganiro bigiye bitandukanye ari kwitegura kwibaruka imfura ye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Nadia yasohoye amafoto ari kumwe n’umugabo we Malik shaffy bamaze igihe basezeranye, berekana ko bari kwitegura kwibaruka imfura yabo.

Aba bombi nubwo bahishuye ko bagiye kwibaruka ntago bihishuye by’ukuri igitsina cy’umwana bagiye kwibaruka, dore ko mu mafoto basangije abakurikira bashyizemo akantu kurujijo. Ati: “Boy or Girl ( Umuhungu cyangwa Umukobwa)

Nadia Umutoni ni umunyamakurukazi ubimazemo igihe mu gihe Malik shaffy ari umushabitsi akaba yari mu bagize akanama nkemurampaka ku munsi wa nyuma w’irushanwa rya Miss Rwanda 2022.

Amafoto y’uko byari bimeze:

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Abagore basekeje abantu karahava ubwo baryaga nzutu nk’abana (videwo)

#MisterRwanda2022: Abasore batanu nibo bagomba guhagararira Intara y’Uburasirazuba (Amafoto)

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO