in

#MisterRwanda2022: Abasore batanu nibo bagomba guhagararira Intara y’Uburasirazuba (Amafoto)

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Werurwe 2022, nibwo habaye amajonjora y’ibanze mu gushaka abasore bazavamo Rudasumbwa w’u Rwanda 2022.

Amajonjora yatangiriye mu Ntara y’uburasirazuba, aho abasore 14 aribo bari baje guca imbere y’akanama nkemurampaka kari kayobowe na Justin Sebudwenge.

Akanama nkemurampaka kari kagizwe n’abantu batatu, kemeje ko abasore batunu bagomba guhagararira Intara y’Uburasirazuba, kwemeza aba basore bashingiye ku bushake bw’umusore: Intambuko, igihagararo. Ubwenge babureberaga ku byo umusore yasubizaga. Umuco.

Abasore batanu babonye itike ni: Rukundo Dismas [No 9], Gatsinzi Didier [No], Mutangana Francis [No 11], Ngiruwonsanga Regis [No 5], Mugisha Faustin [No 27],

Amafoto y’abasore bagomba guhagararira Intara y’Uburasirazuba.

Rukundo Dismas [No 9]

Gatsinzi Didier [No 16]

Mutangana Francis [No 11]

Mugisha Faustin [No 27]

Ngiruwonsanga Regis [No 5]

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi ukomeye mu ari kwitegura kwibaruka imfura ye (Amafoto)

Videwo y’umunsi: Miss Muheto Divine yasuye ikigo cy’amashuri yizeho yakirizwa impundu (Video)