in

Abagore basekeje abantu karahava ubwo baryaga nzutu nk’abana (videwo)

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hagaragaye amashusho yerekana abagore bakuze bari gukuruza ikibuno hasi ibintu bizwi nko kurya nzutui. Ibyo bikorwa bundi bimenyerewe ko bikorwa n’abana bato aho iyo babikoze ababyeyi babo babakubit. Abo bagore bo barya nzutu ubona ko bishimye kandi ubona ko ibya bari gukora bibateye ishema.

Dore byari bimeze mu mashusho

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yiyamye abanyamakuru ba Radiyo Fine Fm

Umunyamakurukazi ukomeye mu ari kwitegura kwibaruka imfura ye (Amafoto)