Imyidagaduro
Umunyamakuru wavuzweho kuba mu rukundo na Miss Muyango, agiye gukora ubukwe

Umwaka ushize ubwo Muyango Claudine yari mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 yakunzwe kugenda ashinjwa gukundana n’umwe mu bateguraga irushanwa ariwe Rutaganda Joel. Ibikaba byaratangiye ari ibihuha ariko biza gufata indi ntera bitewe n’uburyo abafana ba Josiane bakomeje kugenda biyongera ku buryo byaje kuba ngombwa ko Muyango akora interview akabinyomoza.
Kuri ubu rero uyu Rutaganda Joel umaze igihe kitari gito ari umunyamakuru muri showbiz nyarwanda akaba arimo yitegura gukora ubukwe n’umukunzi we Peace Mutesi.
-
Imyidagaduro11 hours ago
Umuhanzikazi nyarwanda yasabye #Sugira ko yamutera inda nyuma yuko ahesheje #intsinzi #Amavubi
-
Imyidagaduro23 hours ago
Miss Jordan Mushambokazi mu munyenga w’urukundo n’umusore bitegura kurushinga
-
Izindi nkuru16 hours ago
Umugore wakundanye na Barack Obama akaza kumubenga akomeje kwicuza.
-
imikino4 hours ago
Umunyamakuru wa Radio B&B FM UMWEZI yaraye ahaye urwenya abanyarwanda
-
imikino5 hours ago
Udukoryo n’utuntu dusekeje twaranze abanyarwanda ubwo bishimiraga insinzi y’amavubi
-
imikino17 hours ago
Live Streaming: #TotalCHAN2020 Togo vs Rwanda #TOGRWA #FootballTogether
-
Imyidagaduro12 hours ago
KIGALI: Abaturage bavuye mu ngo zabo biroha mu mihanda kwishimira intsinzi y’ #Amavubi (VIDEO)
-
inyigisho7 hours ago
Mukobwa, niba wasohokanye n’umusore mukundana irinde aya makosa kuko ushobora kuhata ibaba.