Imyidagaduro
Umunyamakuru Mike Karangwa n’umukunzi we basezeranye imbere y’amategeko

Umunyamakuru Mike Karangwa na Isimbi Roselyne bamaze igihe bakundana. Basezeranye imbere y’amategeko mu Murenge wa Niboye ku Kicukiro kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gashyantare 2019 akaba ari ku munsi abatuye isi bizihiza umunsi w’abakundana (Saint Valentin).

Mike Karangwa na Isimbi Roselyne basezeranye imbere y’amategeko

Bamwe mu muryango w’aba bombi bari bitabiriye uyu muhango
Ibi birori byo gusezerana imbere y’amategeko bibaye nyuma yuko umukunzi wa Mike Karangwa ariwe Isimbi Roselyne akorewe ibirori bya bridal shower n’inshuti ze ndetse n’abo mu muryango we.

Isimbi Roselyne amaze iminsi akorewe ibirori bya bridal shower n’abo mu muryango we
-
Hanze11 hours ago
Zari yiyamye abamwibasira kubera umugabo basigaye bakundana.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Nabonye undi musore dukundana|Afite ikofi ni mwiza|Young Grace yashimagije umukunzi we.
-
inyigisho12 hours ago
Ngibi ibintu ukwiye kuzirikana niba ushaka kubyara umwana uzazana umunezero mu muryango.
-
Izindi nkuru4 hours ago
Wa mukobwa ushyigikiwe na Alkiba muri Miss Rwanda ahishuye aho bahuriye.
-
Izindi nkuru7 hours ago
Ronaldinho yavuze amagambo akomeye ku mubyeyi we witabye Imana.