in , ,

Umunyamakuru Horaho Axel wa Fine FM yamaze gushyira hanze ubutumire mu bukwe bwe (amafoto)

Umunyamakuru Horaho Axel ukorera Fine Fm mu kiganiro gikunzwe cy’Urukiko rw’ubujurire yamaze gushyira hanze ubutumire bw’ubukwe bwe afite mu minsi iri imbere.

Nkuko bigaragara muri invitation yashyize hanze, ubu bukwe buteganyijwe taliki ya 11 Kamena uyu mwaka n’umukunzi we Masera.

Horaho Axel iby’urukundo rwe na Masera na Nicole byamenyekanye mu mwaka ushize mu kwezi kwa Werurwe 2021 ubwo uyu mukobwa yazaga mu Rwanda avuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho atuye maze nyuma y’iminsi mike atera ivi yemererwa kuzaba umutware Masera akaba umufasha.

Written by Mike Mugisha

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.: +250 781 994 990

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urubuga rwerekana amashusho y’urukozasoni narwo rwafatiye Uburusiya ibihano

“Va muri comedy ndetse n’utugambo…” – Zaba Missedcall yibasiwe n’umufana we