in

“Umunsi umwe muzagirango ni filime nyamara” Seburikoko mu rukundo -Ifoto

Niyitegeka Gratien akaba mukinnyi wa filime z’uruhererekane hano mu Rwanda wamenyekanye ku mazina nka Papa Sava muri filime (Papa Sava) ndetse no muri Seburikoko akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga.

Ni ifoto ikomeje gucicikana cyane ku rukuta rwa Instagram aho Seburikoko cyangwa Papa Sava arikumwe n’inkumi y’ikimero umwe afite ifoto undi afite indabo bikaba bikomeje gukekwa ko baba bari mu rukundo cyangwa ari ibya filime nk’uko benshi bakomeje kubimenyera mu byamamare hano mu Rwanda.

Zimwe mu nshuti ze harimo na Clapton Kibonke bakinana muri Seburikoko bakomeje ku byibazaho cyane arinako Clapton yabivuze ati:”Umunsi umwe muzagirango ni filime nyamara”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Humble Jizzo yagarukanye akanyamuneza i Kigali! Itsinda rya Urban Boys ryiteguye gususurutsa abakunzi b’umuziki muri iyi weekend

Umuhanzi Humble Jizzo akigera i Kigali yakiriwe n’uwo afata nk’umuvandimwe we -Ifoto