in

Humble Jizzo yagarukanye akanyamuneza i Kigali! Itsinda rya Urban Boys ryiteguye gususurutsa abakunzi b’umuziki muri iyi weekend

Humble Jizzo umaze igihe yarimukiye muri Kenya, aho yasanze umuryango we, yagarukanye akanyamuneza i Kigali, aho yaje asanga Nizzo kugira ngo bongere bahuje Urban Boys, bazasusurutsa abazitabira igitaramo ‘Baba Experience’ cya Nemeye Platini.

Iki gitaramo cya Platini kizabera muri Camp Kigali ku wa 30 Werurwe 2024, mu gihe Humble Jizzo we yageze i Kigali kuri uyu wa 28 Werurwe 2024. Safi Madiba we ntazafatanya na bagenzi be bahoranye muri Urban Boys.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo wageze muri Ghana, yahise yakirwa na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu

“Umunsi umwe muzagirango ni filime nyamara” Seburikoko mu rukundo -Ifoto