in

Umukobwa w’icyuki yatanze itangazo arangisha akana k’agahungu bakoranye ubukwe bakiri abana

Umukobwa witwa Leilla ari gushakisha bikomeye umusore bagaragaye barikumwe mu ifoto bari bakoze ibirori by’ubukwe ubwo bigaga mu mashuri abanza.

Uyu mukobwa abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze, yavuzeko ashakisha uyu wari ukiri umwana ndetse uwamubona yamumenyesha kuko amushaka cyane.

Leilla, yifashishije ifoto ya kera, yavuzeko akeneye kubonana nuwo musore bakoze ubukwe ubwo bigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza.

Leilla avugako uyu musore yitwa Albert yagerageje kumushakisha munshuti ze zose biganye akamubura kuko baherukana biga mu mashuri abanza.

Uyu mukobwa wo mugihugu cya Uganda, avugako aba bombi biganye ku ishuri ribanza rya Assembly School bityo akaba yifuza kongera kumubona akamenya niba atarashaka umugore kuko uyu mukobwa nawe akiri ingaragu.

Uyu mukobwa nuriya mwana w’umuhungu bakoze ubukwe bwa cyana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’umusaza w’imyaka 50 warongoye umukobwa ukiri muto cyane yavugishije abatari bake.

Inkuru itugezeho aka kanya: Umuhanzi Nsengiyumva Igisupusu biravugwa ko yatawe muri yombi ||Ese yazize iki?