in

Umukino w’igikombe cy’amahoro wari ugiye kuba uyu munsi wasubitswe

Umukino w’igikombe cy’amahoro wari ugiye kuba uyu munsi wasubitswe

Kuri uyu wa Gatatu igikombe cy’amahoro kirakomeza ikipe zikomeye zimanuka mu kibuga. Imikino itegerejwe harimo ugomba guhuza APR FC na AS Kigali ndetse Police FC nayo irakina na Kamonyi ndetse n’izindi.

Ikipe ya Mukuru VS yagombaga kumanuka mu kibuga ikina n’ikipe ya Addax SC ya Juvenal none uyu mukino amakuru ahari ni uko wamaze gusubikwa kubera ububi bw’ikibuga bwuzuyemo amazi menshi cyane.

Ubusanzwe ikibuga Addax SC ikiniraho kiri Rugende ariko iyo imvura yaguye kiba ari kibi cyane ku buryo ikipe ihakinira irangiza umukino utazi amasura y’abakinnyi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 11 APR FC ishobora kubanza mu kibuga kuri AS Kigali batarimo kizigenza wabo

Ibyishimo by’intsinzi muri APR FC bijemo kidobya nyuma yo gutsinda AS Kigali, Thierry Froger yabwiwe ko rutahizamu we Victor Mbaoma azamara ukwezi adakina