in

Abakinnyi 11 APR FC ishobora kubanza mu kibuga kuri AS Kigali batarimo kizigenza wabo

Abakinnyi 11 APR FC ishobora kubanza mu kibuga kuri AS Kigali batarimo uwo benshi baba bitezeho intsinzi

Kuri uyu wa Gatatu ikipe ya APR FC irambikana n’ikipe ya AS Kigali, umukino washyuhijwe cyane n’abakunzi b’amakipe yombi nubwo benshi bawuhengekeye kuri APR FC.

Ikipe ya APR FC irakina uyu mukino idafite abakinnyi barimo Apam Assongwe ndetse na Victor Mbaoma, Taddeo luwanga, bose bafite ibibazo byimvune bakuye muri Mapinduzi Cup Zanzibar usibye Taddeo luwanga gusa.

Abakinnyi 11 bashobora kubanza mu kibuga ku ruhande rwa APR FC baragaragaramo umukinnyi umwe utari uri kumwe n’abandi Zanzibar, Ombarenga Fitina.

Mu izamu: Pavell Nzilla

Ba myugariro: Niyigena Clement, Salomon Bindjeme, Niyomugabo Claude, Ombarenga Fitina

Abo hagati: Nshimiyimana Ismael, Niyibizi Ramadhan, Ruboneka jean Bosco

Ba rutahizamu: Mbonyumwami thaiba, Mugisha Gilbert, Iradukunda Allain Bacca.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yirukantse mu muhanda yambaye ubusa hose avirirana n’amaraso! Prophet Joshua ukunze kugaragara atanga amafaranga mu bitaramo hano mu Rwanda bamusanganye mu cyumba n’umugore w’abandi maze umugabo amutera icyuma anamwambura imyenda – VIDEWO

Umukino w’igikombe cy’amahoro wari ugiye kuba uyu munsi wasubitswe