in

Umukinnyi umwe rukumbi u Rwanda rwari rufite w’umuhanga mu gutwara igare wakinaga hanze y’igihugu yatorokeye muri America

Kizigenza mu gutwara igare wari ukomeye igihugu gifite MUGISHA Samuel yaba yamaze gutorokera muri USA.

Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Nzeri 2022, nibwo Samuel yageze muri Amerika ku butumire bw’ikipe ye ya ProTouch Continental Cycling ariko akigera ku kibuga cy’indege yahise atoroka abandi bakinnyi.

Iyi kipe ya pro touch Continental Cycling, yatangaje ko Mugisha Samuel yajyanye ibikoresho byabo bifite agaciro ka Frw 20M.

MUGISHA Samuel yiyongereye ku bakinnyi 3 bahagaritse uyu mukino kare, bagahitamo kwibera muri USA.

Abo bakinnyi barimo Hadi Janvier, Bonaventure Uwizeye, Valens Ndayisenga ndetse na Mugisha Samuel bivugwa ko yamaze nawe kugenda.

Samuel MUGISHA yatwaye Tour du RWANDA 2018.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo Clarisse Uwimana yabwiye umugabo we nyuma y’ubukwe bwabo agiye gutuma abakobwa banze igikwe bisubiraho

Wa mukobwa mwiza wakundanaga na Yvan Buravan batangiye kumwibasira