Hanze
Umuhanzi Rayvanny mu mazi abira kubera amashusho yagiye hanze asoma umwana w’umukobwa.

Umuhanzi ukomeye muri Tanzania, Rayvanny ntiyorohewe nyuma yo kugaragara mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga ku munsi w’ejo wa Saint Valentin, arimo asomana n’umukobwa[umwana] w’umukunzi mushya wa Harmonize.
Ibi byatumye benshi bagaya uyu muhanzi, kuko ngo uyu mukobwa akiri muto dore ko yiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa 5. Ndetse ibi bikaba bitanishimiwe n’umubyeyi w’uyu mukobwa ariwe Kajala. Ndetse kuri uyu wambere umuhanzi Harmonize uri mu rukundo na nyina w’uyu mukobwa, yandikiye ubutumwa burebure Rayvanny amugaya.
Harmonize mu butumwa bwe yabwiye Rayvanny ko ibyo yakoze bitamushimishije na gato n’umubyeyi ufite umwana w’umukobwa( tubibutsa ko Harmonize nawe afite umwana muto w’umukobwa) ndetse anabaza Rayvanny ibyo yibazaga.
Yagize ati ” Ese buriya wigeze utekereza kubafana bawe bangana nkuwo mukobwa uko bazabyakira nibabona iyi video washyize hanze? ese watekereje ko umaze gukomera kuburyo amategeko ya leta atakureba?
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda22 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro14 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi18 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru21 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda17 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
urukundo4 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda16 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo17 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.