in

Umugore yagiye mu murima we maze acukura umwobo ashyiramo amazi ni uko maze ahamagara umuryango we bajya kwidumbaguza gusa ariko ukuntu bavuyemo basa byatumye bahabwa urw’amenyo (AMAFOTO)

Umugore yagiye mu murima we maze acukura umwobo ashyiramo amazi ni uko maze ahamagara umuryango we bajya kwidumbaguza gusa ariko ukuntu bavuyemo basa byatumye bahabwa urw’amenyo.

Umugore wo mugihugu cya Kenya, yatunguye abantu kubera ibyo yakoze avugako ashakira abana be ibyishimo no kwimara agahinda gakabije yatewe n’umugabo we.

Uyu mugore wagarutsweho cyane na benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga, azwi ku izina rya Mercy

Mercy yagiye mu murima we uhinzemo urutoki ibigori n’ibishyimbo afata isuka n’igitiyo acukuramo icyobo yise “pisine”

Muri iyi pisine uyu mugore yiyubakiye yashyizemo amazi menshi cyane kubera ibitaka byinshi amazi yahise ahinduka urwondo.

Uyu mugore n’abana be bagiye mucyondo barivuruguta karahava bameze nk’aboga muri pisine, ibi akaba ari nabyo byatangaje cyane ababonye aya mafoto.Uyu mugore yavuzeko yakoze ibi agamije gushimisha abana be ndetse ahamyako yabikoze murwego rwo kwimara agahinda gakabije yatewe n’umugabo we.

Uyu mugore yanasabye umugabo we nawe kuba yaza bakifatanya bagasangira ibi byishimo.

AMAFOTO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 3 ba Rayon Sports Gasogi United igomba kwitondera ndetse n’aba 3 barimo gutuma KNC yigamba gutsinda Gikundiro ayinyagiye

Genda Rayon ntawutazakwiba! Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yavuze ko afite imyaka 20 igihugu cyose cyirakangarana kuko yatangiye gukina nk’uwabigize umwuga muri 2009