in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE

Umugore wafashwe aryamanye n’undi mugabo yavuze byinshi nawe kuri mike (video)

Umugore witwa akayezu odette wafashwe aryamanye n’undi mugabo bita simeon nkuko twabivuze mu nkuru yacu yashize ndetse tuvuga  n’uruhande rwa michel ,Odette nawe yagize icyo atangariza umunyamakuru ku cyamuteye biriya byose twabonye mu nkuru twabagejejeho.

Mu gahinda kenshi Odette umugore wa mike avuga ko yasanze umugabo we nawe atarishyashya ahubwo afite abandi bagore bane ndetse n’abana batanu aho kugeze kuri ubu afite n’abuzukuru babiri.

Akomeza mu nkuru tugiye gushyiraho avuga byinshi kumubano wabo we na mike byatumye haba amakimbirane bikagera mu itangazamakuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Joachim Nsanabo
Joachim Nsanabo
2 years ago

Uwo mugore arabeshya, ahubwo arimo gusebanya kuko niba yarabimubwiye mbere yuko babana kuki yemeye kubana nawe aziko afite abo bagore bose nabo bana bose??
Ese yamwemereye iki kandi yagiriwe ubuntu bwo kumenya ingeso ze mbi ?
Ese koko iriya myaka ifite abuzukuru koko?
Ese niba atari ruharwa nigute watinyuka kuvugako ubukwe bwuzuye bunyuze munzira zose bwari happy birthday party?
Iyaba arukuri ntiyari gukemuza ikibazo ikindi.

Nshimiyimana
Nshimiyimana
2 years ago

Nawe urumusambanyi niyo mpamvu uvuga kobabeshya abagabo mujye mwemera ko muribabi mutubahana

Jj bbb
Jj bbb
2 years ago

ibyo umugabo cg umugore yakora cg se uko yaba ameze kose; uramwihanganira cyangwa ukamureka. Ibindi ni uburaya nubugoryi murimo.

Bidasubirwaho, utwuma tuzashyirwa mu bwonko bw’abantu twemejwe.

Kicukiro :Nonaha umwana apfiriye mu maboko ya nyirakuru mu buryo bw’amayobera(Video)