in

Umugabo w’imyaka 68 yamanitse amaboko avuga ko kwita ku muryango we bimunaniye kubera ubwinshi bw’abagore n’abana afite -AMAFOTO

Mu gihugu cya Uganda hari umugabo ufite abana 108, abuzukuru 578 ku bagore 12 yamanitse amaboko avuga ko kwita ku muryango we bimunaniye.

Uwo mugabo ari kurira ayo kwarika kuberako asigaranye agasambu ka Are 2 kugatungisha umuryango imibare imaze kumubana ibihekane Kandi akaba ntambaraga afite zo kujya kubashakira ibyo kurya.

Uretse kuba uwo mugabo afite imyaka 68 nt’akandi kazi agira kugeza ubu abagore be babiri bamaze kumuta kubera kutababonera ibibahagije dore ko mu bana afite harimo abo atazi amazina kubera ubwinshi bwabo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ngenderwaho muri Kiyovu Sports yavuze ashize amanga ko umuzamu Hakizimana Adolphe wa Rayon Sports ari umuswa anemeza ko azamwinjiza ibitego

Ibiciro byo kwinjira ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byatumye abafana ba Kiyovu bavuga ko Rayon Sports ikeneye amafaranga gusa