in

Umubyinnyi kabuhariwe Titi Brown umunsi w’urubanza rwe wigijwe inyuma, ubu 2023 iragera akiri muri gereza i Mageragere

Byari byitezwe ko kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2022 aribwo umubyinnyi wabiciye bigacika hano mu Rwanda Ishimwe Thierry wamamaye nka Tity Brown aburana ubujurire ku minsi 30 y’igifungo yahawe mu gihe Ubushinjacyaha bugikomeje iperereza ku cyaha ashijwa cyo gusambanya umwana w’imyaka 17 bivugwa ko yakoze ku wa 14 Kanama 2021.

Gusa kuri ubu uru rubanza rwa Titi Brown rwasubitswe ruhita rushyirwa ku wa 8 Gashyantare 2023.

Uyu mubyinnyi yagaragaye mu ndirimbo zakunzwe hano mu Rwanda nka Fast ya Chriss Eazy, Seka ya Niyo Bosco, Ikinyafu ya Bruce Melodie ndetse nizindi nyinshi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports igiye gusezerera abakinnyi 2 muri uku kwezi kwa 12 nubwo bakinishijwe

Umugani; Ruhato n’agasamuzuri