in

“Umubu nawicishije inyundo”: Umuraperi Danny Nanone yeruye atangaza ibanga ryatumye yongera gukundwa cyane nyuma y’igihe adakora umuziki 

“Umubu nawicishije inyundo”: Umuraperi Danny Nanone yeruye atangaza ibanga ryatumye yongera gukundwa cyane nyuma y’igihe adakora umuziki.

Umuhanzi Danny Nanone n’umwe mu baraperi bakunzwe cyane hano mu Rwanda ubwo yaganiraga n’InyaRwanda yatangaje ko ibanga rikomeye yakoresheje ryatumye yongera kwigarurira imitima ya benshi nyuma y’igihe adashyira hanze ibihangano bishya.

Danny Nanone avuga ko yashyizemo imbaraga ze zose n’ubwenge buvanze n’impano ndetse anasaba bagenzi be ubufasha kugira ngo bamushyigikire.

Umuraperi Danny Nanone akomeza avuga yanabifashijwemo n’urukumbuzi abantu bari bamufitiye maje arangije nawe abakorera ibintu byiza byatumye bongera kumukunda gusumbya uko byari bimeze mbere kandi yemeza ko ubu aribwo atangiye ibyiza byinshi biri mbere.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Sinzi impamvu mbona ko wavamo umugore w’umutima”: Ikizungerezi Lynda Priya yakoze ibintu byatunguye benshi bumvaga atazi uburyo bikorwamo maze inkwakuzi zitangira kumusaba -AMAFOTO

Abapasteri bo mu itorero rikomeye bategeka abagore n’abakobwa gukuramo imyenda yose ubundi bakabuhagira ibyaha kugirango bazage mu ijuru bejejwe – videwo