in

Abapasteri bo mu itorero rikomeye bategeka abagore n’abakobwa gukuramo imyenda yose ubundi bakabuhagira ibyaha kugirango bazage mu ijuru bejejwe – videwo 

Abapasteri bo mu itorero rikomeye bategeka abagore n’abakobwa gukuramo imyenda yose ubundi bakabuhagira ibyaha kugirango bazage mu ijuru bejejwe.

Aba pasiteri babiri bo mu itorero rikomeye muri Ghana bakomeje kuvugisha rubanda nyamwinshi nyuma y’amashusho yagiye hanze barimo buhagira abakobwa n’abagore mu rusengero.

Aba bapasiteri ngo si ubwambere babikoze kuko basanzwe babikora mu rwego rwo kuhagira ibyaha ku bakirisitu babo, ndetse ngo bazajye mu ijuru bejejwe.

Gusa abagabo benshi bakomeza kubyitotombera, bavuga ko abagore babo bagiye gushirirayo dore ko iryo torero usanga ririmo abagore gusa, ndetse n’abagabo babiri aribo ba pasiteri.

Abaturage kandi bakomeza gusaba leta ko yakurikirana icyo kibazo nubwo nayo isa nk’ibyirengagiza. Reba Videwo 3.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umubu nawicishije inyundo”: Umuraperi Danny Nanone yeruye atangaza ibanga ryatumye yongera gukundwa cyane nyuma y’igihe adakora umuziki 

Basomanye baryamye mu muhanda rwagati abagenzi barashungera: Umugabo n’umugore bakora ibiganiro by’abakuru by’ibanda ku bashakanye bongeye kwigarurira imbuga nkoranyambaga kubera amafoto yabo adasanzwe [AMAFOTO]