in

“Ukuntu tuba turwanira kujya yo burya ni nko mu kuzimu” abantu batewe agahinda n’umunyarwanda warasiwe muri Amerika bituma n’abahakundaga bahanga urunuka nyuma yo kumenya icyo yazize

“Ukuntu tuba turwanira kujya yo burya ni nko mu kuzimu” abantu batewe agahinda n’umunyarwanda warasiwe muri Amerika bituma n’abahakundaga bahanga urunuka

Abantu babiri barimo umunyarwanda Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.

Polisi yatangaje ko Irutingabo Derrick  yaguye mu rugo aho  naho mugenzi we agwa kwa muganga.

Bamwe mu banyarwanda bagaragaje akababaro batewe n’urupfu rwa Irutingabo, aho umwe yanditse kuri Twitter ati “Umuntu wanjye Irutingabo Derrick baramwishe sha, bamurasiye mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California”.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Birakomeye cyane: Menya ibintu 5 bikomeye bimaze kumenyekana ku rubanza rwa Turahirwa Moses

Abakunzi ba FC Barcelona bazamukumbura: Kapiteni wa FC Barcelona yatangaje inkuru iteye agahinda ku bakunzi biyi kipe

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO