in

Birakomeye cyane: Menya ibintu 5 bikomeye bimaze kumenyekana ku rubanza rwa Turahirwa Moses

Umunyamideli Turahirwa Moses ushinjwa ibyaha bikomeye cyane harimo ibyaha by’impapuro mpimbano ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge hamaze kumenyekana ibintu 5 kurubanza rwe.

Dore ibintu bitanu byamaze kumenyekana kurubanza rwa Moses dukesha Inyarwanda.com:

1. Moses yasanzwemo ibiyobyabwenge by’urumogi bingana na 321 THC (Ubushinjacyaha)

2. Moses yireguye avuga ko ibi biyobyabwenge byose yabifatiye mu gihugu cy’u Butaliyani aho amaze igihe yiga.

3. Umwavoka wa Moses yavuze ko atigeze ahindura impapuro z’inzira ahubwo ko habayeho icyo umwavoka yise “Gutwika” kandi ko kuba yarahishe nimero z’urupapuro rw’inzira bigaragara ko atari agambiriye ikibi.

4. Umuryango wa Moses wemeye ku mwitangira wemeza ko ntaramuka arekuwe byagateganyo atazatoroka igihugu bikaba byemejwe na Papa we hamwe na Mushiki we.

5. Umunyamideli Turahirwa Moses yemeyeko bamufatanye uru mogi ubwo yatabwaga muri yombi gusa avuga ko atazi uburyo rwageze mu ishati barusanzemo.

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko niko barya ayabo, Rocky na bagenzi be bagaragaye bari kurira ubuzima mu tumodoka tunezeza benshi(Amashusho)

“Ukuntu tuba turwanira kujya yo burya ni nko mu kuzimu” abantu batewe agahinda n’umunyarwanda warasiwe muri Amerika bituma n’abahakundaga bahanga urunuka nyuma yo kumenya icyo yazize