in

Ubwo umukinnyi wa As Kigali yatakambiraga umusifuzi Aline ngo areke ku muha ikarita yacitswe akora ku gice atemerewe gukoraho [IFOTO]

Ubwo umukinnyi wa As Kigali yatakambiraga umusifuzi Aline ngo areke ku muha ikarita yacitswe akora ku gice atemerewe gukoraho [IFOTO]

Ni mu mukino wahuzaga As Kigali na Rayon Sport ubwo umukinnyi witwa Akayezu yari arimo atakambira umusifuzi wo hagati Aline ngo areke ku muha ikarita y’umuhindo kuko yari afite indi, ibyari gutuma ahabwa iy’umutuku.

Kuba yamukozeho nta kibazo kibirimo ahubwo byari kuba ikibazo iyo aramuka abikoreye ubushake.

 

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abarundi basebeye i Kigali bataha baririmba urwo babonye: Abakinnyi beza muri shampiyona y’i Burundi batsinzwe 72 n’abakinnyi beza bo muri shampiyona y’u Rwanda 

Bizakugora ku mubona mu myambaro ya gikobwa nk’amakanzu, amajipo n’utundi twenda bamwe mu bakobwa bakunda (ihere ijisjo imyambarire Dj Brianne asozanyije weekend)