in

Ubuyobozi bw’ishuri rya G.S Kabana bwandikiye ibaruwa umwarimu uhigisha ngo yisobanure ku myambarire yagaragaye yambaye imbere y’abanyeshuri yigishaga

Umwarimu witwa Bigirimana Dieudonne wigisha ku kigo cya G.S Kabana mu murenge wa Kanzenze mu karere ka Rubavu, yandikiwe ibaruwa n’ubuyobozi bw’ikigo bumusaba gutanga ubusobanuro bitarenze iminsi itatu ngo asobanure ku myambarire yagaragaye yambaye imbere y’abanyeshuri yigishaga.

Nk’uko mu ibaruwa byanditsemo ngo ni nyuma yo kwinjira mu ishuri atambaye itaburiya.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yanenze icyemezo cy’umujyi wa Kigali cyo gusenya inyubako y’igorofa y’umushoramari Nsanawe Serge Ndekwe yari yuzuye ku musozi wa Rebero

Bamporiki Edouard ufungiwe muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere, ntabwo ajya asurwa na bo yitaga inshuti ze ubwo yakoraga muri Leta