in ,

Ubutumwa Cristiano Ronaldo yageneye abacumbika muri Hotel ye buratangaje

Nkuko mwakomeje kugenda mubibona kuri yegob.rw, Cristiano Ronaldo yatangiye gushora imari muri Business z’amahotel aho kuri ubu afite Hotel zitwa CR7.

Nyuma yo gufungura Hotel yambere ahitwa Funchal ari naho akomoka, Cristiano Ronaldo agiye gufungura indi Hotel mu murwa mukuru wa Portugal ariwo Lisbone, gusa ariko ubutumwa yateganyije bwo kwakiriza abazaba baza gucumbika muri iyo Hotel burtangaje.

Iyi Hotel izatahwa tariki 16 kanama 2016 mu rwinjiriro rwayo hakaba hari amagambo agira ati “Your loves makes me Strong, Your hate make me unstoppable.”

Aya magambo aka afatwa na benshi nk’ubwiyemezi akaba asobanuye ngo “Urukundo rwanyu runyongerera imbaraga, Urwango rwanyu rutuma mpinduka mudakumirwa”

Dore amafoto y’indi Hotel ya Cristiano:

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nakupenda by Edouce Softman

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp aricuza ibintu yaraye akoreye ku kibuga cya Arsenal (impamvu)