imikino
Ubutumwa Cristiano Ronaldo yageneye abacumbika muri Hotel ye buratangaje

Nkuko mwakomeje kugenda mubibona kuri yegob.rw, Cristiano Ronaldo yatangiye gushora imari muri Business z’amahotel aho kuri ubu afite Hotel zitwa CR7.
Nyuma yo gufungura Hotel yambere ahitwa Funchal ari naho akomoka, Cristiano Ronaldo agiye gufungura indi Hotel mu murwa mukuru wa Portugal ariwo Lisbone, gusa ariko ubutumwa yateganyije bwo kwakiriza abazaba baza gucumbika muri iyo Hotel burtangaje.
Iyi Hotel izatahwa tariki 16 kanama 2016 mu rwinjiriro rwayo hakaba hari amagambo agira ati “Your loves makes me Strong, Your hate make me unstoppable.â€
Aya magambo aka afatwa na benshi nk’ubwiyemezi akaba asobanuye ngo “Urukundo rwanyu runyongerera imbaraga, Urwango rwanyu rutuma mpinduka mudakumirwaâ€
Dore amafoto y’indi Hotel ya Cristiano:
-
Hanze21 hours ago
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden
-
Imyidagaduro14 hours ago
Impamvu Mwiseneza Josiane adakora ubukwe yamenyekanye
-
Imyidagaduro22 hours ago
Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abakobwa bakunda abasore bameze nka The Ben nyamara bo batameze nka Pamella
-
Imyidagaduro18 hours ago
Dore ubutumwa wa munyamakuru wa RBA wiciwe ubukwe ku munota wa nyuma yagenewe n’abafana be
-
imikino19 hours ago
Sadate yakijweho umuriro asabwa gutanga kimwe cya kabiri cy’amafaranga yemereye abakinnyi b’Amavubi
-
Inkuru rusange11 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
inyigisho13 hours ago
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.
-
inyigisho23 hours ago
Wari uzi ko hari uburyo bwihariye ukwiye kwambaramo mu gihe uri kumwe n’umukunzi wawe mu rugo?