Hari ubwo usanga umuntu afite ibintu by’umuhondo ku menyo byafasheho bihereye ku ishinya ,ibi bikaba biterwa n’ibiribwa by’ubwoko butandukanye turya bizana umwanda ku menyo cyangwa se rimwe na rimwe no kumara igihe umuntu atayitaho uko bikwiye ,bityo amenyo agaterwa na bacteria.
Ibi rero bikaba byanaviramo umuntu kujya ava amaraso mu menyo cyangwa ubundi burwayi bw’ishinya cyangwa se no kugira ipfunwe ryo guseka mubandi , niba rero ufite iki kibazo hari uburyo 6 ushobora gukoresha ugahangura amenyo yawe agasubirana umucyo :
- Baking sodaÂ

- Imbuto za Sezame
- Igikakarubamba na Glycerine
- Ibishishwa by’amaronji
- Imitobe y’imbuto zitandukanye (beterave, indimu , caroti n’ibindi )
- Vinegar n’umunyu
Mwiriwe?
Arko muvuze imiti arko ntimutubwiye uko ikoreshwa
Murako
Apu noi fake