in

Uburyo 6 bwagufasha guhanagura imyanda yizanye ku menyo yawe agasubirana umucyo

Hari ubwo usanga umuntu afite ibintu by’umuhondo ku menyo byafasheho bihereye ku ishinya ,ibi bikaba biterwa n’ibiribwa by’ubwoko butandukanye turya bizana umwanda ku menyo  cyangwa se rimwe na rimwe no kumara igihe umuntu atayitaho uko bikwiye ,bityo amenyo agaterwa na bacteria.

Ibi rero bikaba byanaviramo umuntu kujya ava amaraso mu menyo cyangwa ubundi burwayi bw’ishinya cyangwa se no kugira ipfunwe ryo guseka mubandi , niba rero ufite iki kibazo hari uburyo 6 ushobora gukoresha ugahangura amenyo yawe agasubirana umucyo :

  • Baking soda 

  • Imbuto za Sezame

  • Igikakarubamba na Glycerine

  • Ibishishwa by’amaronji

  • Imitobe y’imbuto zitandukanye (beterave, indimu , caroti n’ibindi )

  • Vinegar n’umunyu

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Jean Pierre
Jean Pierre
11 months ago

Mwiriwe?
Arko muvuze imiti arko ntimutubwiye uko ikoreshwa
Murako

Fghhj@gmail.com
Fghhj@gmail.com
11 months ago
Reply to  Jean Pierre

Apu noi fake

Umukobwa w’imyaka 18 yatwitswe ari muzima

Davis D ku munsi w’isabukuru ye yavugishije abatari bake nyuma yo kugarara ari gusokana n’amatungo ye menshi mu modoka ye nziza – VIDIO