Umuhanzi Davis D yatunguye abantu benshi nyuma yo kugaragara ari kumwe n’amatungo ye mu modoka ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Davis D yasangije abamukurikira amashusho agaragaza imbwa ze nyinshi zisoka mu modoka ye nziza maze nawe akaza gusokamo nyuma.
Nyuma yaje kurenzaho amagambo agira ati “Nshimishijwe cyane no kwizihiza isabukuru y’amavuko y’imyaka 30, no gusaba Imana kumpa imbaraga zo gukomeza kwizihiza izindi ku ya 23.03.
Reba video aho hasi
Dore bimwe mu byavuzwe ku mashusho ya Davis D asokana n’imbwa ze mu modoka ye
