in

‘Ubugabo butisubiyeho bubyara ububwa’ KNC yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe cyo gusesa Gasogi United

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles uzwi KNC, yisubiyeho ku cyemezo cyo gusesa Ikipe ye ya Gasogi United akayikura muri ruhago y’u Rwanda kubera ibiwukorerwamo yise “umwanda”.

Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024, mu kiganiro na Radio One abereye umuyobozi.

Ati “Umukino na Kiyovu Sports bazawukina ariko nzakomeza gusaba impinduka no gukosora amakosa ari kugaragara mu mupira aho kwihagararaho.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku rubanza rw’umwicanyi ruharwa Kazungu Denis

Kigali -Rwampara imodoka yo mu bwoko bwa bus yarenze umuhanda igwa munsi y’umugunguzi -Amafoto