in

“Tugiye gukosora byinshi kugira tuzagere muri 1/4” Munyakazi Sadate wagarutse muri Rayon Sports nyuma yo guterwa imijugujugu, yishyize mu mwanya wa Perezida ubundi avuga ikintu bagiye gukora nyuma yo kubura intsinzi mu mikino itatu

“Tugiye gukosora byinshi kugira tuzagere muri 1/4” Munyakazi Sadate wagarutse muri Rayon Sports nyuma yo guterwa imijugujugu, yishyize mu mwanya wa Perezida ubundi avuga ikintu bagiye gukora nyuma yo kubura intsinzi mu mikino itatu.

Aganira na The Choice, Sadate Munyakazi yavuze ko muri Rayon Sports bagiye gukosora byinshi kugira ngo bagere ku ntego bihaye.

Abinyujije ku kuba ikipe ye idaheruka intsinzi, yavuze ko bakiri gutegura ko kandi uku bari kwitwara biri kubereka ahari icyuho.

Kuri ubu baracyari kubaka ikipe kugira ngo bazagere muri 1/4 mu mikino nyafurika nk’uko Sadate yabitangaje.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’ubukwe bwa Gigi Kety uri mu banyamakuru b’igitsinagore bafite ubwiza buhebuje warushinze n’umukunzi we Fred Karuganda yagiye ahagaragara

Na we aje kwiyorera! Rayon Sports yashoye imitwara y’amafaranga ikaba yarabuze intsinzi, yaguze rutahizamu mushya ica inshundura