in

Titi Brown yasubije abakomeje kumwandikira bamusaba ko yajya kurega umukobwa wamufungishije bikaza kurangira agizwe umwere nyuma y’imyaka 2 ari muri gereza

Umubyinnyi Ishimwe Thiery wamamaye nka Titi Brown, yasubije abantu bose bakomeje kumwakira bamusaba ko yajya gufungisha umukobwa wamureze amubeshyera ko yamuteye inda.

Nyuma yo kumara imyaka 2 afungiwe muri gereza akaza kugirwa umwere, yavuze ko yamaze kubabarira uwo mukobwa ndetse ko atamwifuriza kujya muri gereza kuko yabonye ububi bwaho.

Ati “Hari abantu banyandikiye bambwira ko nafungisha uriya mukobwa. Njyewe ikintu nabwira abantu ni uko guhora ni ukw’Imana. Njye nta mutima mubi. Hagati aho naramubabariye, nk’umuntu wabonye ubuzima bwa hariya ntabwo nakwifuriza undi muntu kujyayo.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko uburiye umubyizi mu kwe ntako aba atagize! Amavubi yananiwe kurwinga Zimbabwe yagize ibyago 

Bose bari bayambaye: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yerekanye umuryango we bose bambaye imipira yanditseho umubare usobanuye byinshi mu buzima bwabo -AMAFOTO