in

Bose bari bayambaye: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yerekanye umuryango we bose bambaye imipira yanditseho umubare usobanuye byinshi mu buzima bwabo -AMAFOTO

Bose bari bayambaye: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yerekanye umuryango we bose bambaye imipira yanditseho umubare usobanuye byinshi mu buzima bwabo.

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Jacques Tuyisenge udafite ikipe ari gukinira yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto ye ari kumwe n’umugore we ndetse n’abana be aho bose bari bambaye imipira yanditseho umubare kane usobanuye umubare w’abantu bagize umuryango wabo.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Titi Brown yasubije abakomeje kumwandikira bamusaba ko yajya kurega umukobwa wamufungishije bikaza kurangira agizwe umwere nyuma y’imyaka 2 ari muri gereza

Umukecuru w’imyaka 97 wihebeye ikipe y’igihugu Amavubi, yahuye na Hakim SAHABO usanzwe ukina mu Bubiligi – AMAFOTO