in

Burya koko uburiye umubyizi mu kwe ntako aba atagize! Amavubi yananiwe kurwinga Zimbabwe yagize ibyago 

Burya koko uburiye umubyizi mu kwe ntako aba atagize! Amavubi yananiwe kurwinga Zimbabwe yagize ibyago.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yanganyije 0-0 n’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yagize ibyago byo gupfusha umunyezamu wabo George Chigova wazize indwara y’umutima.

Amavubi yari yambaye imyambaro mishya ndetse yatozwaga n’umutoza mushya wasimbuye Carlos imbere y’abakunzi bayo kuri sitade mpuzamahanga ya Huye yananiwe gutsinda umukino maze acyura inota rimwe.

Uyu mukino wahuzaga Amavubi na Zimbabwe n’umukino wo gushaka itike yo gukina imikino y’igikombe cy’Isi cyo muri 2026.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore n’inkumi bo muri iyi minsi bafite ikimwaro k’iwabo ‘Scovia’ – videwo 

Titi Brown yasubije abakomeje kumwandikira bamusaba ko yajya kurega umukobwa wamufungishije bikaza kurangira agizwe umwere nyuma y’imyaka 2 ari muri gereza