in

The Ben yiyongeye kubandi bahanzi bateye umugongo igitaramo yari yatumiwemo

The Ben yiyongereye kuri Butera Knowless na Charly na Nina mu gutera umugongo igitaramo cyari bubere muri Uganda cyitwa Kigampala.

Umuhanzi TheBen wari witezwe nk’umuhanzi mukuru mu iserukiramuco “Rwanda Kampala Festival” mu gitaramo “KigaMpala” yamaze kuvanamo ake karenge, yiyongera ku bahanzikazi Butera Knowless n’itsinda Charly na Nina nabo bavuyemo rugikubita.

Kuri ubu abahanzi bahise baba abahagarariye iki gitaramo ni Bruce Melodie na Ykee Benda wo muri Uganda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese umukobwa mukundana yavamo umugore w’ifuza? Dore bimwe mu bizakwereka ko umukobwa mukundana yavamo umugore uhamye

Byiringiro Lague uzwiho kutavuga cyane, yateye imitoma itangaje umukunzi we Uwase Kelia bamaranye iminsi