in

NdababayeNdababaye

The Ben kwihangana biranze agira icyo abwira Pamella.

Mu gihe umuhanzi the Ben akomeje kwibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,hari hashize iminsi ntakintu agaragaza ku mbuga nkoranyambaga cyerekeye urukundo rwe na Miss Uwicyeza Pamella, gusa kuri iyi nshuro bombi bakoresheje utumenyetso tw’imitima nk’uburyo bwo gukomeza kwiyibutsa urukundo rwabo.

Ni nyuma y’aho Pamella yari amaze gushyira hanze amafoto menshi kuri instagram ye,agirira ibihe byiza hafi y’amazi wenyine maze yandikaho ngo”Byose birangira umutima usukuye utsinze”.Ntibyatinze kuko the Ben yahise akoresha emoji y’umutima utukura “❤” ndetse na Pamella amusubiza iyi emoji  ❤y’umutima ntarindi jambo babwiranye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond Platnumz yafotowe ari kumwe n’umugabo basangiye umugore bitangaza abantu.

Anita Pendo ahishuye ko atazashaka umugabo vuba|Burya ntanywa inzoga.